News

Imikino izakomeza ku wa Gatandatu, aho Nairobi City Thunder izakina na MBB-South Africa, mu gihe APR BBC izakina na Al Ahli ...
For the first time, Rwanda is hosting the Basketball Africa League (BAL) group stage games, with the Nile Conference taking place at BK Arena in Kigali from May 17 to May 25, 2025. This marks a ...
Abayobozi b'ibigo by'amashuri ya Leta yo mu Karere ka Gasabo, barasaba inzego zibishinzwe kwishyura ibirarane by'amafaranga leta ibaha yo gukemura ibibazo bya buri munsi by'ubuzima bw'ishuri, kuko ...
Ministiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yasabye Abanyarwanda kurwanya ikintu cyose cyabangamira ubumwe bwabo, ahubwo bakarwanya abakibiba ingengabitekerezo ya Jenoside ndetse n’abapfobya Jenoside ...
Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimangiye ko u Rwanda ruzi neza akamaro ko gukorana kw’ibihugu kugira ngo bigere ku ntego yo guhuza Umugabane wa Afurika. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi ba Afurika ko uyu Mugabane ufite ibikenewe byose byawufasha kugera ku iterambere wifuza, utarinze gutegereza inkunga ziva hanze yawo. Ibi yabigarutseho mu Nama y ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Umuhanzi Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade yatangaje ko mu ntangiro za Kamena 2024, azashyira hanze indirimbo yise ‘Nyiragongo’ yiteze ko izashimisha abakunzi be n’Abanyarwanda muri rusange. Ni ...
U Rwanda rwinjiye mu masezerano y’imikoranire na Atletico Madrid, Ikipe y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Espagne. Kuri uyu wa Gatatu, ni bwo Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere, RDB, ...
Minisiteri y'Ubuzima yavuze ko kimwe mu byo iherutse kumvikanaho na Kaminuza y'u Rwanda ari uko ku biga ibirebana n'ubuvuzi, ibitaro bigomba gufatwa nk'ishuri bigishirizwamo kugira ngo barusheho ...